Rwanda Forum

Murakaza neza ku rubuga rwa JamiiForums. Nezerwa n'amakuru n'ibiganiro bitandukanye mu rurimi rw'ikinyarwanda
Mu mashusho agaragara hano, ku wa 20 Nyakanga, abasaga 9,300 binjijwe ku mugaragaro mu gisirikare na General Major Sultani Makenga. Mu byo yabasabye, ni uguhagarara bagahangana n'ubuyobozi bwa...
0 Reactions
0 Replies
25 Views
Ese wowe ukeka byaba biterwa n'iki, ko abakobwa bahamya icyubahiro cy'umugabo usanga akenshi ari abaISLAM?
0 Reactions
0 Replies
19 Views
Bibaye ingo zose zigasenyukira rimwe,hatajemo rwaserera z'amategeko, Uwo mubana wakongera kumugirira icyizere cyangwa amata yaba abyaye amavuta?
0 Reactions
0 Replies
16 Views
Uwo mugore ureba, wita ko mukundana, ni mwiza pe,bigaragarira buri wese. Ariko,umunsi uzamuzana iwawe ngo mubane, nibwo uzamenya impamva atabana n'umugabo.
0 Reactions
0 Replies
14 Views
Mu gihe u Rwanda rwitegura amatora y'inzego z'ibanze ateganyijwe mu Ukwakira 2026, bamwe mu bayobozi b'Uturere bamaze kubaka amazina akomeye bijyanye n’igihe bamaze mu buyobozi barimo amazina nka...
0 Reactions
0 Replies
18 Views
Amakuru ariho ivumbi, avuga ko baba bagira ngo babone ubwisanzure bwo kwisambanira nta rwaserera🤣🤣🤣🤣🤣
0 Reactions
0 Replies
21 Views
Abacuruzi biganjemo abutubari bakorera muri santere ya Byangabo mu murenge wa Busogo w’akarere ka Musanze, bararira ayo kwarika bitewe nuko inzego z’irondo ry’umwuga na Polisi y’u Rwanda barimo...
0 Reactions
0 Replies
18 Views
Aston Villa Football Club has announced a landmark agreement with Visit Rwanda, naming the brand as the club’s Principal Partner, Official Tourism Partner, and Official Coffee Provider. Under the...
0 Reactions
2 Replies
83 Views
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, yatangaje ko igihugu cye cyiteguye gufasha Mozambique kurwanya iterabwoba mu gihe kiri imbere. Lavrov yatanze ubu butumwa ku wa 9...
0 Reactions
0 Replies
24 Views
Mu gihe umubare wa gatanya ukomeje kwiyongera mu Rwanda, bamwe mu baturage bo mu murenge wa Tare, akarere ka Nyamagabe, bagaragaza ko ingo nyinshi ziri gusenyuka kuko zishyize imbere ubutunzi...
0 Reactions
0 Replies
27 Views
Ikibazo cyo gufungwa iminsi 30 yagateganyo ikavamo imyaka 2, Abadepite basanze akarengane gakomeye. Abadepite basabye Minisiteri y'Ubutabera kongera imbaraga mu kwihutisha imanza kuko ubutabera...
0 Reactions
0 Replies
38 Views
Abagura inyama z'inka mu mujyi wa Kigali bavuga ko batunguwe n’itumbagira rikabije ryazo mu gihe gito cyane, aho ikiro kimwe kiri kugura hagati y’ibihumbi 10 Rwf na 13 Rwf. Ni mu gihe abakora mu...
0 Reactions
0 Replies
17 Views
Iyi komisiyo yashyizweho mu ntangiriro za Nyakanga 2026, mu nama mpuzamahanga ya “AI for Good” yabereye i Genève mu Busuwisi. Igamije guteza imbere ikoreshwa rya AI mu nyungu rusange, guteza...
0 Reactions
0 Replies
33 Views
Mu buryo burambuye, ni 7.796.288.239.881 Frw, arimo ayaturuka imbere mu gihugu, impano n’inguzanyo. Iri tegeko ryasohotse mu Igazeti ya Leta mu mpera z’icyumweru gushize, nyuma yo gutorwa...
0 Reactions
0 Replies
25 Views
Mu itangazo bashyize ahagaragara mu mpera z’iki cyumweru, Abayobozi b’uyu mutwe barabanje bibutsa amateka, bavuga ko kuva ku Bwami bwa Kongo kugeza uyu munsi, igihugu cyabaye Repubulika Iharanira...
0 Reactions
0 Replies
37 Views
Inteko Ishinga Amategeko y’U Bufaransa Umutwe w’Abadepite, yemeje umushinga w’itegeko ritavugwaho rumwe ryemerera abarwayi barembye, cyane cyane abafite indwara zidakira gusaba guterwa umuti...
0 Reactions
0 Replies
42 Views
Abantu ibihumbi n'ibihumbi bateraniye mu cyaro cyo mu Busuwisi kugira ngo bibonere umuhango wo kwimika abepisikopi bane bashya ba Kiliziya Gatolika, nubwo Papa Leo wa XIV yari yabinginze ngo...
0 Reactions
0 Replies
20 Views
Back
Top Bottom