Wasangaga umuntu yasinziranye icyuma mu ntoki. Nta gutera imbere kuko ayo twakoreraga twayashyiraga mu kugura ibyuma."Habineza Jean Pierre yashimye Leta y'u Rwanda yafunze inganda zakoraga...
Mu Mirenge yose y'akarere, hakozwe igikorwa cyo gukusanya no gukura ku isoko ibisindisha bikorwa n'inganda zahagaritswe na RwandaFDA
Ni igikorwa cyakozwe n'ubuyobozi bw'akarere ku bufatanye...
Aba bantu, nyuma yo gufungirwa ibikorwa, imisoro biragenda bite? Ko nzi ko guhagarikirwa TIN bitoroshye!!!
Gufunguza TIN ubikora byoroshye, ariko kuyifungisha ni indya nkurye
Muri gahunda yo gushyira mu bikorwa amabwiriza yatanzwe na RwandaFDA
yo gukura ku isoko ibinyobwa bisindisha bitujuje ubuziranenge,uyu munsi abayobozi b'akarere bari kumwe n'inzego z'umutekano...
Charles Taylor,
Mu myaka ya za 90 ishyira 2000, yari Perezida wa Liberia.
Ni umwe mu ba perezida b'abanyafrika bari bararwaje umutwe Leta Zunze ibumwe za America.
Uyu muperezida,yashinjwaga gutera...