Zambia: Perezida Hakainde Hichilema yatsinze amatora

Zambia: Perezida Hakainde Hichilema yatsinze amatora

Twin_Kids

JF-Expert Member
Joined
Feb 25, 2016
Posts
4,302
Reaction score
5,975
Komisiyo y’Amatora muri Zambia yatangaje ko Perezida Hakainde Hichilema ari we watsinze amatora agize amajwi 60%.

Mu rukerera rwo ku 18 Kanama 2026, komisiyo y’igihugu y’amatora ya Zambie yatangaje ko Perezida Hakainde Hichilema w’imyaka 64 y’amavuko yongeye gutorerwa kuyobora iki gihugu mu myaka itanu iri imbere.

President Hakainde Hichilema yari ahanganye cyane na Brian Mundubile wagize amajwi 38% Abatavuga rumwe n’ubutegetetsi ndetse na sosiyete civile muri iki gihugu bashinja ishyaka rya Perezida Hakainde Hichilema United Party for National Development (UPND) kuniga urubuga rwa Politike.

Mundubile yari yabaje kuvuga ko ari we watsinze amatora n'ubwo nta bimenyetso yagaragaje bishyigikira ibyo yatangaje.

Kuva mu 1991 ubwo hatangiraga kugaragara imikorere ishingiye ku mashyaka menshi, hagiye habaho guhererekanya ubutegetsi mu mahoro binyuze mu matora.
 

Similar Discussions

Back
Top Bottom