Umusore w’imyaka 27 wo mu Karere ka Kayonza, yatawe muri yombi akekwaho kurarana n’umukobwa w’imyaka 25 wigurisha (indaya), akamwica amunize.
Ibi byabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Nyakanga 2026, mu Mudugudu wa Gasogororo mu Kagari ka Kayonza mu Murenge wa Mukarange mu Karere ka Kayonza.
Biravugwa ko uwo mugabo yagiye mu rugo rw'uwo mugore acyikopesheje.
Ngo bageze mu rugo, kumvikana byanze. Ariko amakuru atangwa na bagenzi be, ni uko basanze bose bambaye ubusa, ibigaragara ko ngo yaba yaramaze gukora ibyamujyanye, kumvikana byananirana agahita amwica, ngo ndetse akavuga ko atari uwa mbere yishe, maze asaba abari aho kumuhamagarira inzego z'umutekano zikamujyana.
Ibi byabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Nyakanga 2026, mu Mudugudu wa Gasogororo mu Kagari ka Kayonza mu Murenge wa Mukarange mu Karere ka Kayonza.
Biravugwa ko uwo mugabo yagiye mu rugo rw'uwo mugore acyikopesheje.
Ngo bageze mu rugo, kumvikana byanze. Ariko amakuru atangwa na bagenzi be, ni uko basanze bose bambaye ubusa, ibigaragara ko ngo yaba yaramaze gukora ibyamujyanye, kumvikana byananirana agahita amwica, ngo ndetse akavuga ko atari uwa mbere yishe, maze asaba abari aho kumuhamagarira inzego z'umutekano zikamujyana.