“Uyu munsi ubuzima mbayemo si bwo nahisemo. Mbayeho nabi, kandi sinari mbikwiye. Nagize amahitamo mabi mu buzima, ariko byanyigishije byinshi. Nta mugabo uzongera kumbeshya ngo anyangirize ubuzima. Umugabo nzongera guhitamo nzabanza kumumenya bihagije. Nta muntu uzongera kunkoresha.”