VERITE-NUE
JF-Expert Member
- Jan 28, 2019
- 1,489
- 1,466
Kaminuza mpuzamahanga y’ubuvuzi n’ubuzima rusange, UGHE [University of Global Health Equity], igiye kwizihiza imyaka 10 ishize itanga amasomo mu buryo bugezweho.
UGHE yatangijwe mu Rwanda, na Dr Paul Farmer [witabye Imana mu 2022] abinyujije mu muryango Partners In Health (PIH) wamenyekanye mu Rwanda nk’Inshuti mu Buzima.
Kuri ubu iyi Kaminuza ikorera i Butaro mu karere ka Burera, itanga amasomo muri porogaramu zigeze kuri esheshatu zo ku rwego rwa kaminuza ya Harvard yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
UGHE yatangijwe mu Rwanda, na Dr Paul Farmer [witabye Imana mu 2022] abinyujije mu muryango Partners In Health (PIH) wamenyekanye mu Rwanda nk’Inshuti mu Buzima.
Kuri ubu iyi Kaminuza ikorera i Butaro mu karere ka Burera, itanga amasomo muri porogaramu zigeze kuri esheshatu zo ku rwego rwa kaminuza ya Harvard yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.