Ubwicanyi mu Rwanda bumaze gufata indi ntera

Ubwicanyi mu Rwanda bumaze gufata indi ntera

Marigarita

Member
Joined
Mar 18, 2026
Posts
60
Reaction score
0
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 9 Gicurasi, abaturage bo mu mudugudu wa Rweru mu kagari ka Bungwe mu murenge wa Bungwe mu karere ka Burera, babyukiye mu gahinda nyuma yo gusanga umukobwa w’imyaka 23 y’amavuko wari usanzwe acuruza kantine yapfuye mu buryo bw’amayobera.
Abatanze amakuru bavuga ko yaba yishwe n’abagizi ba nabi bahise banamufungirana mu nzu.
 

Similar Discussions

Back
Top Bottom