Mu Rwanda harimo kubarurwa imiryango 3,600 ingana n'abantu barenga ibihumbi magana abiri batishimiye uburyo ibyiciro byo kwishyura "Mituelle de santé" byakozwe.
Ibi bije aho bamwe mu baturage bari mu byiciro bavuga ko bitajyanye n'ubushobozi bwabo, aho bamwe ba ntaho nikora bavuga ko bisanze mu byiciro bimwe n'abakorera imishahara, abacuruzi, cyangwa abandi bafite aho bakura ku buryo imibereho yabo ihagaze neza.
Bivugwa kandi ko hari bamwe muri abo bishoboye, na bo bisanze mu byiciro byo hasi ku buryo bishyura umusanzu ungana n'uwa rubanda rugufi.
Inzego bireba zibivugaho iki? Nawe wadusangiza uko ubibona n'icyo wifuza ko cyakorwa
Ibi bije aho bamwe mu baturage bari mu byiciro bavuga ko bitajyanye n'ubushobozi bwabo, aho bamwe ba ntaho nikora bavuga ko bisanze mu byiciro bimwe n'abakorera imishahara, abacuruzi, cyangwa abandi bafite aho bakura ku buryo imibereho yabo ihagaze neza.
Bivugwa kandi ko hari bamwe muri abo bishoboye, na bo bisanze mu byiciro byo hasi ku buryo bishyura umusanzu ungana n'uwa rubanda rugufi.
Inzego bireba zibivugaho iki? Nawe wadusangiza uko ubibona n'icyo wifuza ko cyakorwa