M23 iratangaza ko Umuhuza yemera ari Uhuru Kenyatta washyizweho n’amasezerano ya Nairobi ngo abe umuhuza wa Leta n’inyeshyamba zose ziri muri Congo.
Nyuma y’uko zibyaye amahari hagati ya M23 n’...
Mu gihe mu bihugu byinshi byo ku isi moto ari kimwe mu binyabiziga byorohereza benshi mu ngendo zabo, Mu Rwanda ho bisa nk'aho iki kinyabiziga kigiye kujya gitungwa n'umugabo nyawe.
Uhereye ku...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zahaye u Rwanda izindi miliyoni zirindwi z’amadolari (angana na miliyari 9,4 Frw) zo kurufasha guhangana n’icyorezo cya Marburg.
Umurwayi wa mbere wa...
Mu nama y'akanama k'umuryango w'abibumbye gashinzwe amahoro ku isi,iri kubera i New York muri leta zunze ubumwe za Amerika, Minisitiri muri guverinoma ya RDC, Therese Kayikwamba, yatangaje ko leta...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje imyitwarire mibi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu nama iherutse kubera i Luanda muri Angola, aho...
Umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda,aherutse gutangaza ko nta na rimwe polisi izemerera abantu kwicarana n'imizigo kuri moto. We ubwe icyo yemeye akaba ari agakapu ka laptop.
None se...
Makamanda wakubwa 21 waonyeshwa mlango wa kutokea huko Rwanda....
Utulivu wa nchi za maziwa makuu hutegemea utulivu wa mataifa yote....
Huku mwanachama mmoja wa jumuiya ya "EAC" akitishia...
Hari byinshi byakozwe,dushima,ariko hari n'ibindi bitameze neza tutabura kugaya no kunengwa.
Mu bigaragara,n'ubwo atabasha kugeza ijisho kuri buri kimwe,ariko na bamwe mu bamwunganira,harimo...
Ku isa cyenda na 42, Paul Kagame,watorewe kuyobora manda y'imyaka itanu(5), yarahiriye kongera kuba perezida wa repubulika y'u Rwanda.
Mu ijambo yavuze kuri uyu munsi,yibanze ku kijyanye...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje impinduka mu misoro mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2024/25, igabanya amahoro ku bicuruzwa bitumizwa mu mahanga birimo umuceri, isukari n’ibindi bicuruzwa byinjira mu...
Aya ni amashusho yafashwe ubwo uyu muhanzikazi yasesekaraga mu mujyi wa Sao Paulo muri Brazil, aho yitabiriye ibirori bya C6 Fest biri kubera muri uwo mujyi.
Uyu mukobwa umaze kumenyerwaho...
Amakuru,
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ya Rwanda, NEC, yatangaje gahunda n’amakuru y’ingenzi yerekeye amatora ya Perezida na Abadepite yo mu mwaka wa 2024.
Ibyavuye mu matora...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.