Mu rwego rw’ibiganiro by’amahoro bya Doha, AFC-M23 ivuga ko ku wa 7 Kanama 2026, i Bunagana , ku bufasha bwa CICR_Afrique
(Komite Mpuzamahanga y’Umuryango utabara imbabare – Croix-Rouge)...
Mu gihe abashoferi b’amakamyo bagaragaza ko mu cyanya cy’inganda cya Kigali kiri i Masoro bafite ikibazo cy’aho baparika, Gasana Jeanne Isabelle uyobora iki cyanya, yavuze ko hashize imyaka 3...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi, Dr. Solange Uwituze, yatangaje ko inka zose zigiye kwambika amaherena afite ikoranabuhanga ku buryo bizafasha mu kuzikurikirana.
Ibi...
Kuri uyu wa Gatandatu, Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwerekanye abantu barimo Ntihanabayo Samuel wa Ingufu Gin Ltd, bafatiwe mu byaha bitandukanye.
Aba bantu bafashwe mu gihe Ikigo...
Umuturage wo mu murenge wa Mageragere watukiye mugenzi we mu ruhame ibitutsi nyandagazi birimo no kumwita umwana w’Interahamwe.
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwamukatiye igifungo cy’imyaka...
Ibi ni ibyabereye mu isoko rya Rumbishi, muri teritwari ya Karehe.
Biravugwa ko ingabo za leta n'abo bafatanyije barashe mu isoko, abaturage batanu bakahasiga ubuzima ako kanya