Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yatangaje ko iki gihugu kizagorwa no kubona inguzanyo zigifasha gushyira mu bikorwa imishinga y’iterambere, bitewe n’imyigaragambyo iherutse guhuza...
Mu nama y'abaminisitiri yo mu mpera z'icyumweru gishize, Perezida Félix-Antoine Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yashinze abaminisitiri batatu gufatanya bagakora ibikenewe ikibuga...
Mu gihe hari abakunda kwinubira impanuka zikorwa n'amakamyo yo mu bwoko bwa HOWO, umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Boniface Rutikanga yabwiye itangazamakuru ko HOWO atari zo modoka zikora...
Pata Seca, ni umucakara wahinduwe imashini yo gukora abantu.
Mu kinyejana cya 19, São Paulo muri Brazil, hari umugabo witwaga Roque José Florêncio, wamenyekanye ku mazina y'amahimbano ya Pata...
Ni mu mugambi wo kugarura amahoro muri Congo, aho Perezida Felix Tshisekedi yari yararahiye ko atazagirana ibiganiro na M23.
Finally, abo yita inyeshyamba bamwicaje ku gatebe gashyushye.
!
Mbarushimana Théoneste w’imyaka 30, wigisha mu wa 5 n’uwa 6 w’amashuri abanza muri GS Nyarubuye A, mu Murenge wa Twumba, Akarere ka Karongi, yatawe muri yombi nyuma yo kuregwa n’umunyeshyuri witwa...
Pasiteri Karahamuheto Celestin wo mu itorero Living Hope Church yafunzwe n’umuyobozi w’Akarere ka Muhanga Kayitare Jacqueline, aho yashyizwe mu kigo gifungirwamo inzererezi giherereye i Mushubati...
Burera:Mu murenge wa Kinoni umugabo wari umaze amezi atatu afunguwe azira guhohotera umugore arakekwaho kwica umugore we kuri uyu wa Kane amutemye ijosi .Abahaye amakuru Tv na Radio1 bavuga ko...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.