Rwanda Forum

Murakaza neza ku rubuga rwa JamiiForums. Nezerwa n'amakuru n'ibiganiro bitandukanye mu rurimi rw'ikinyarwanda
Ibiciro uko bimeze Ibiribwa by’ibanze Ibirayi (1 kg): 600 Frw Ibishyimbo (1 kg) 1,200 Frw Umuceri (1 kg): 1,500 Frw Kawunga ( 1 kg): 1,000 Frw Imboga n’imbuto Inyanya (1 kg): 800 –...
0 Reactions
0 Replies
100 Views
Perezida Kagame Paul, yasabye Minisitiri w’ubutabera mu Rwanda, gukurikirana ikibazo cy’umuturage wo mu karere ka Karongi waguye mu rugo, abaganga bamwimye ubufasha, aho yagiye kubyara ibitaro...
0 Reactions
0 Replies
59 Views
Wari uzi ko urukiko rushobora kugutegeka kugira amafaranga runaka uha umuntu mwatandukanye ((X-wawe)(umugore n'umugabo)). Hari abantu bajya bibeshya ko iyo urukiko rutanze gatanya biba birangiye...
0 Reactions
0 Replies
115 Views
Inteko nyobozi y’itorero ry’abahamya ba Yehova yatangaje ko abayoboke baryo bafite uburenganzira bwo kwifatira icyemezo cyo kuvomwamo amaraso no kuyasubizwamo mu rwego rw’ubuvuzi. Ubu butumwa...
0 Reactions
0 Replies
69 Views
0 Reactions
0 Replies
57 Views
👉Uba umukene,umugore bakamujyana 👉Ukaba umukire ati wabuze umwanya nabwo bakamujyana 👉Uba ukuze ati nshaka abo tungana akaba aragiye 👉Waba muto ati nsanze abakurusha ibitekerezo nabwo akagenda...
0 Reactions
1 Replies
76 Views
Ubuyobozi bukuru bw’ingabo z’u Rwanda (RDF), bwatangaje ko Kaminuza y’igihugu ya gisirikare yatangiye kubakwa mu murenge wa Bumbogo, Akarere ka Gasabo, ikaba yitezweho kurushaho kongerera imbaraga...
0 Reactions
0 Replies
86 Views
Komisiyo y'Ububanyi n'Amahanga, Ubutwererane n'Umutekano mu Nteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite, yagaragaje ko abantu bafatiwe mu bikorwa by’ubujura barenga ibihumbi 119 mu myaka itanu...
0 Reactions
1 Replies
78 Views
Gusa njye natunguwe no kuba ntabonyemo kwa HITIMANA(Hari hafi na Mur de Kigali, cg kwa Mutwe) I KIGALI , mbere ya za 1986 ,hari abagabo bahitiraga mu kabare ku wa gatandatu bavuye mu...
0 Reactions
2 Replies
135 Views
Urubanza rw’u Rwanda n’u Bwongereza rushingiye ku kuba amasezerano ajyanye n’abimukira atarubahirijwe rwatangiye kuri uyu munsi kugeza ku wa Gatanu. Rugomba kumara iminsi ibiri aho u Rwanda...
0 Reactions
0 Replies
90 Views
Mu Mudugudu wa Gakoni, Akagali ka Karama mu Murenge wa Ruhashya mu Karere ka Huye; haravugwa urugomo rwakozwe n’abantu bakekwaho gusagarira abayobozi barimo Meya n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa...
0 Reactions
0 Replies
208 Views
Perezida Ndayishimiye yavuze ko nta Murundi ufite na sanimetero imwe y’ubutaka, ari yo mpamvu nta wemerewe guhirahira ngo abugurishe ku banyamahanga. Yagize ati: “Ni cyo gituma twamenyesheje ko...
0 Reactions
0 Replies
300 Views
Umuvugizi wa Guverinoma y'u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko inkunga ya miliyoni 20 z’Amayero yagenewe ingabo z’u Rwanda binyuze mu kigega cy’u Burayi gishinzwe gushyigikira ibikorwa...
0 Reactions
0 Replies
256 Views
Abaturage bo mu karere ka Gisagara, Umurenge wa Nyange, Akagari ka Nyaruteja, bavuga ko bamaze imyaka ibiri bahangayikishijwe n’ikiraro cyangiritse ku muhanda ubahuza n’utundi duce, bakavuga ko...
0 Reactions
0 Replies
45 Views
anda
0 Reactions
0 Replies
61 Views
“Turifuza ko abazunguzayi bakabaye ntabahari. Kuko badahari nta muntu wajya kubafata. Uyu Mujyi kugira ngo ube usa neza uyu munsi hari igihe bisaba gufata ibyemezo bikomeye.” Aya ni amagambo...
0 Reactions
0 Replies
65 Views
Nyuma y'aho mu karere ka Rubavu, ahazwi nko ku bitaro hakunze kubera impanuka ndetse bikarangira hari abaturage bahatakarije ubuzima, Polisi y'u Rwanda yatangaje ko kuva uyu munsi nta makamyo...
0 Reactions
0 Replies
260 Views
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda wungirije, Uwera Jean Maurice, yagaragaje ko igitero ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagabye mu mujyi wa Goma gishimangira ko...
0 Reactions
0 Replies
102 Views
Ikibuga cy’indege cya Mavivi mu Mujyi wa Beni uri mu ntera ya Km 340 uvuye i Goma cyafashwe n'inkongi y'umuriro.Muri uyu Mujyi niho himuriwe ibiro bya Guverineri w'Intara ya Kivu Ruguru nyuma...
0 Reactions
0 Replies
77 Views
Itegeko rishya rigenga ikoreshwa ry’imihanda mu Rwanda ryemeje ko umuntu utwara ikinyabiziga yarengeje igipimo ntarengwa cya arukoro mu maraso aba akoze icyaha, ndetse ubihamijwe n’urukiko...
0 Reactions
0 Replies
96 Views
Back
Top Bottom