Gusa njye natunguwe no kuba ntabonyemo kwa HITIMANA(Hari hafi na Mur de Kigali, cg kwa Mutwe)
I KIGALI , mbere ya za 1986 ,hari abagabo bahitiraga mu kabare ku wa gatandatu bavuye mu...
Urubanza rw’u Rwanda n’u Bwongereza rushingiye ku kuba amasezerano ajyanye n’abimukira atarubahirijwe rwatangiye kuri uyu munsi kugeza ku wa Gatanu. Rugomba kumara iminsi ibiri aho u Rwanda...
Mu Mudugudu wa Gakoni, Akagali ka Karama mu Murenge wa Ruhashya mu Karere ka Huye; haravugwa urugomo rwakozwe n’abantu bakekwaho gusagarira abayobozi barimo Meya n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa...
Perezida Ndayishimiye yavuze ko nta Murundi ufite na sanimetero imwe y’ubutaka, ari yo mpamvu nta wemerewe guhirahira ngo abugurishe ku banyamahanga.
Yagize ati: “Ni cyo gituma twamenyesheje ko...
Abaturage bo mu karere ka Gisagara, Umurenge wa Nyange, Akagari ka Nyaruteja, bavuga ko bamaze imyaka ibiri bahangayikishijwe n’ikiraro cyangiritse ku muhanda ubahuza n’utundi duce, bakavuga ko...
“Turifuza ko abazunguzayi bakabaye ntabahari. Kuko badahari nta muntu wajya kubafata. Uyu Mujyi kugira ngo ube usa neza uyu munsi hari igihe bisaba gufata ibyemezo bikomeye.”
Aya ni amagambo...
Nyuma y'aho mu karere ka Rubavu, ahazwi nko ku bitaro hakunze kubera impanuka ndetse bikarangira hari abaturage bahatakarije ubuzima, Polisi y'u Rwanda yatangaje ko kuva uyu munsi nta makamyo...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda wungirije, Uwera Jean Maurice, yagaragaje ko igitero ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagabye mu mujyi wa Goma gishimangira ko...
Ikibuga cy’indege cya Mavivi mu Mujyi wa Beni uri mu ntera ya Km 340 uvuye i Goma cyafashwe n'inkongi y'umuriro.Muri uyu Mujyi niho himuriwe ibiro bya Guverineri w'Intara ya Kivu Ruguru nyuma...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa 11 Werurwe 2026 umujyi wa Goma mu burasirazuba bwa Congo wagabweho ibitero bikomeye bya Drones.
AFC/M23 igenzura uyu mujyi yemeje ko ibi bitero byagabwe n'ihuriro...
Ahubwo se ubundi buriya, abagore iyo batekereje ko umugabo we ashobora kujya ku musazi, ubwo ntibiba bivuze ko ntacyo abiyita bazima barusha uriya bita umusazi?
Nyuma y’uko bamwe mu bakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Iran bavuye mu mwiherero wa bagenzi babo aho bari muri Australia mu irushanwa rya Women’s Asian Cup, bemerewe ubuhungiro na Perezida wa Leta...
Umujyi wa Kigali watangaje impinduka mu buryo wafatanyaga n’abaturage kwiyubakira imihanda, aho batangaga 30% na wo ukabunganira, ubongereraho 70%.
Umuyobozi w’umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe...
Mu gihugu abaturage bataka inzara, ariko mu karere ka Nyagatare, mu murenge wa Rwimiyaga, abaturage barataka kurandurirwa imyaka n'abayobozi.
Ibi si ubwa mbere, kuko no mu myaka yo ha mbere, na...
Abatuye mu tugari twa Mugera na Nyabicwamba mu murenge wa Gatsibo, wo mu karere ka Gatsibo,
bavuga ko batekewe imitwe na rwiyemezamirimo KARINGANIRE Emmanuel ababeshya ko agiye kubafasha kuhira...