Hii ni kauli ya msemaji mkuu wa jiji la Kigali, nchini Rwanda. Akiongea na vyombo vya habari, alitangaza kuwa, ukuaji wa jiji hilo, unaendana na uongezeko la wakazi kumiliki magari kwa ajiri ya...
Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kongera ingabo mu bice bitandukanye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo by’umwihariko muri teritwari ya Walikale, mu gace ka Ihula muri...
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa y’Amagare, Thomas Voeckler, yavuze ko we n’abakinnyi be bari mu Rwanda bafashwe neza mu buryo batabona icyo banenga u Rwanda, bakaba biteguye kurushaho...
Umuyobozi Mukuru w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa, yatangaje ko bafite inshingano yo kubohora igihugu, abatuye mu duce babohoye...
Uyu mugabo w'umunya Slovenia, ni we wegukanye umudari wa zahabu, nyuma yo kugaera ko murongo ayoboye abandi bagera kuri 30 babashije gusoza isiganwa. Ryantangiranye abagera kuri 120.
Ubwo...
Nyuma y’iminsi abarwanyi ba AFC/M23 bigaruriye umujyi wa Nzibira wari ihuriro ndetse n’ahategurirwa ibitero by’ingabo za Leta ya Congo n’imitwe bafatanyije, batangaje ko bagomba kubohora Uvira...
Ubushinwa bwatashye ikiraro cya Huajiang Grand Canyon, akaba ari cyo kiri ku butumburuke burebure kuruta ibindi ku isi: Gifite uburebure bwa metero 625.
Ibi byagabanyije urugendo rwatwaraga...
U Rwanda rwasinyanye amasezerano y’imikoranire n’Ikipe ya Los Angeles Clippers ikina Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, NBA ndetse na Los Angeles Rams ikina muri...
Ku nshuro ya mbere mu mateka ya shampiyona y’Isi y’Amagare, u Rwanda rwakiriye iri rushanwa rikomeye bwa mbere ku mugabane w’Afurika kuva ku Cyumweru tariki 21 kugeza ku ya 28 Nzeri 2025. Iri...
Amata y'inka mu Rwanda, akorerwe ku butaka bw'u Rwanda, ariko igiciro gihanitse bigeze aha.
Wareba ava mu mahanga ugasanga ari hasi yayo. Abanyarwanda ubwo ntidukwiye ibyiza by'iwacu?
Uyu muugabo wari uhagarariye inyungu za Afrika y'epfo mu Bufaransa, kuwa 30 Nzeri ni bwo yasanzwe yiciwe hafi y'urugo rwe mu Bufaransa, ni nyuma y'uko umufasha we yari yatangarije inzego...
Ubuyobozi bwa M23, mu itangazo ryashyizweho umukono na Bertrand Bisimwa, bwatangaje ko guhera kuwa 1 Ugushyingo, ubuyobozi bwa M23 butazigera bwemera ukundi impapuro z'inzira zatanzwe na leta ya...
Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yavuze ko u Rwanda rudateze gukuraho ingamba z’ubwirinzi, mu gihe FDLR igifite ukwishyira ikizana mu Burasirazuba bwa Repubulika...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yatanze ipeti ku basirikare rya Sous Lieutenant ku basirikare bashya 1029 barimo abakobwa 117 mu Ngabo z’u Rwanda.
Aba ba...
Umunyarwanda witwa Rutayisire Jean Marie Vianney yapfiriye muri kasho y’urwego rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rushinzwe iperereza (DEMIAP), i Kinshasa ku wa 1 Ukwakira...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.