Rwanda Forum

Murakaza neza ku rubuga rwa JamiiForums. Nezerwa n'amakuru n'ibiganiro bitandukanye mu rurimi rw'ikinyarwanda
Hashize icyumweru abanyeshuri bo mu murenge wa Kigoma mu karere ka Nyanza bafunzwe bakekwaho gusambanya bagenzi babo, ndetse mu basambanyijwe bikekwa ko harimo abana. Amakuru yamenyekanye ni uko...
0 Reactions
0 Replies
5 Views
Hoteli ya Singita Lodge & Kwitonda House yo mu Rwanda, yaje ku mwanya wa kabiri ku rutonde rwa hoteli 50 nziza cyane kandi zihagazeho ku Isi muri uyu mwaka wa 2026. Ni urutonde rwakozwe na Robb...
0 Reactions
1 Replies
7 Views
Gatsata ahazwi nko mu cyerekezo haramukiye umukwabu udasanzwe wakorwaga n'inzego z'ibanze na DASSO n'Abanyerendo hagamijwe gusaba abahakorera bose kwishyura mituweli. Ibyiciro byashyizweho mu...
0 Reactions
0 Replies
4 Views
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatumije inama y’igitaraganya y’abagize Guverinoma igomba kwiga ku kigomba gukorwa mu kurwanya inkongi y’umuriro cyane ko ikomeje gukwirakwira mu majyepfo...
0 Reactions
0 Replies
11 Views
Umugore w’imyaka 45 wo mu Karere ka Ngoma, wari waragerageje kwiyahura ntapfe, yagiye gusura umuhungu we asangwa mu bwiherero amanitse mu gitenge bikekwa ko yiyahuye. Ibi byabaye mu ijoro ryo ku...
0 Reactions
0 Replies
4 Views
Bill Gates ari mu Rwanda, yasuye ibikorwa by’ubuzima i Rwamagana Umunyemari Bill Gates ari mu Rwanda mu ruzinduko rugamije kureba intambwe rwateye mu bikorwa byo guteza imbere ubuzima, aho ku...
0 Reactions
0 Replies
3 Views
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagiriye uruzinduko i Dar es Salaam muri Tanzania, aho yagiranye ibiganiro na mugenzi we Amb. Mahmoud Thabit...
0 Reactions
0 Replies
3 Views
Ku nshuro ye ya 5, ku myaka mito, Tadej Pogacar wegukanye shampiyona y'isi yabere mu Rwanda, ni we wegukanye iri rushanwa rikomeye kurusha yandi ku isi. Iri rushwanwa ryitabiriwe n'umunyafurika...
0 Reactions
0 Replies
4 Views
Madamu Jeannette Kagame, yashimye umusanzu w’Umuryango wa Solid’Africa wizihije imyaka 15 umaze wita ku barwayi batagira kirengera n’abarwaza mu bitaro bitandukanye byo mu Rwanda, yerekana ko nta...
0 Reactions
0 Replies
5 Views
Sudani y'Epfo yashyizeho amafaranga ya visa angana n'ibihumbi mirongo itanu by'amadorali ($50) ku Banyarwanda n'abaturage b'ibihugu bimwe na bimwe byo mu karere k'ibiyaga bigari, bituma habaho...
0 Reactions
0 Replies
3 Views
Izi ni litiro 10,500 zamenwe mu karere ka Nyagatare. Bivugwa ko izi nzoga ari imwe mu ntandaro z'impfu n'uburwayi bya hato na hato mu baturage babikoresha. Ariko kandi, hakwiye n'umukwabo mu...
0 Reactions
0 Replies
4 Views
Mu Rwanda harimo kubarurwa imiryango 3,600 ingana n'abantu barenga ibihumbi magana abiri batishimiye uburyo ibyiciro byo kwishyura "Mituelle de santé" byakozwe. Ibi bije aho bamwe mu baturage...
0 Reactions
0 Replies
4 Views
Iyo umuturage avuze ko ikibazo cye azakigeza kuri Perezida Kagame akamurenganura, biba bivuze ibintu byinshi. Bimwe ni byiza, ibindi ni bibi. Ibyiza: 1. Icyizere ko Kagame wamugeraho. 2. Ko...
0 Reactions
0 Replies
11 Views
Umutwe witwaje intwaro wa M23 ufite intwaro nyinshi kandi zigezweho wamburiye ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu mujyi wa Goma no mu nkengero zawo, ubwo wafataga ibi...
0 Reactions
0 Replies
10 Views
Perezida wa Repulika y’u Rwanda Paul Kagame ,akaba n’umuterankunga wa CECAFAKagameCup kuva 2002 ni umwe mu bari muri Stade Amahoro ahari gukinirwa umukino wahuzaga APRFC na Gor Mahia.
0 Reactions
0 Replies
4 Views
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Musebeya mu karere ka Nyamagabe, Nkurikiyimana Pierre, yatawe muri yombi ku wa 24 Nyakanga 2026. Byabaye nyuma yo kwitaba ihamagazwa rya kabiri...
0 Reactions
0 Replies
6 Views
Perezida Kagame yakiriye Umugaba w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, bagirana ibiganiro byibanze ku mubano ukomeye uri hagati y’u Rwanda na Uganda, amahoro n’umutekano mu karere. Uwo...
0 Reactions
0 Replies
7 Views
Nyuma yo kwandura, ubuzima burakomeza. Fata imiti uko bikwiye, kandi nawe utazi uko uhagaze, wipimishe hakiri kare.
0 Reactions
2 Replies
9 Views
Cookies are required to use this site. You must accept them to continue using the site. Learn more…