Hashize icyumweru abanyeshuri bo mu murenge wa Kigoma mu karere ka Nyanza bafunzwe bakekwaho gusambanya bagenzi babo, ndetse mu basambanyijwe bikekwa ko harimo abana.
Amakuru yamenyekanye ni uko...
Hoteli ya Singita Lodge & Kwitonda House yo mu Rwanda, yaje ku mwanya wa kabiri ku rutonde rwa hoteli 50 nziza cyane kandi zihagazeho ku Isi muri uyu mwaka wa 2026.
Ni urutonde rwakozwe na Robb...
Umugore w’imyaka 45 wo mu Karere ka Ngoma, wari waragerageje kwiyahura ntapfe, yagiye gusura umuhungu we asangwa mu bwiherero amanitse mu gitenge bikekwa ko yiyahuye.
Ibi byabaye mu ijoro ryo ku...
Bill Gates ari mu Rwanda, yasuye ibikorwa by’ubuzima i Rwamagana
Umunyemari Bill Gates ari mu Rwanda mu ruzinduko rugamije kureba intambwe rwateye mu bikorwa byo guteza imbere ubuzima, aho ku...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagiriye uruzinduko i Dar es Salaam muri Tanzania, aho yagiranye ibiganiro na mugenzi we Amb. Mahmoud Thabit...
Ku nshuro ye ya 5, ku myaka mito, Tadej Pogacar wegukanye shampiyona y'isi yabere mu Rwanda, ni we wegukanye iri rushanwa rikomeye kurusha yandi ku isi.
Iri rushwanwa ryitabiriwe n'umunyafurika...
Izi ni litiro 10,500 zamenwe mu karere ka Nyagatare.
Bivugwa ko izi nzoga ari imwe mu ntandaro z'impfu n'uburwayi bya hato na hato mu baturage babikoresha.
Ariko kandi, hakwiye n'umukwabo mu...
Umutwe witwaje intwaro wa M23 ufite intwaro nyinshi kandi zigezweho wamburiye ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu mujyi wa Goma no mu nkengero zawo, ubwo wafataga ibi...
Perezida wa Repulika y’u Rwanda Paul Kagame ,akaba n’umuterankunga wa CECAFAKagameCup kuva 2002 ni umwe mu bari muri Stade Amahoro ahari gukinirwa umukino wahuzaga APRFC na Gor Mahia.
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Musebeya mu karere ka Nyamagabe, Nkurikiyimana Pierre, yatawe muri yombi ku wa 24 Nyakanga 2026.
Byabaye nyuma yo kwitaba ihamagazwa rya kabiri...
Perezida Kagame yakiriye Umugaba w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, bagirana ibiganiro byibanze ku mubano ukomeye uri hagati y’u Rwanda na Uganda, amahoro n’umutekano mu karere.
Uwo...