Senator Evode ati;
“Amazi arahari ahagije ariko ikibazo kiri mu kuyakwirakwiza. Njyewe ntabwo mbyumva ko abantu bashobora kumara ukwezi, amezi abiri barabuze amazi bikoreye ibijerekani mu gihugu cyiza nk’iki.
Mudusobanurire ikibazo gihari gituma hariho igihe haboneka amazi menshi n’igihe cyo kuvuga ngo amazi ntayo, ibisobanuro baduha [muri WASAC] bikaba ari ukuvuga ngo ni mu mpeshyi, amazi yarakamye, hariho imigezi yakamye, mwari muyobewe se ko impeshyi izaza? Ibisobanuro baduha byose ntibyumvikana.”
“Amazi arahari ahagije ariko ikibazo kiri mu kuyakwirakwiza. Njyewe ntabwo mbyumva ko abantu bashobora kumara ukwezi, amezi abiri barabuze amazi bikoreye ibijerekani mu gihugu cyiza nk’iki.
Mudusobanurire ikibazo gihari gituma hariho igihe haboneka amazi menshi n’igihe cyo kuvuga ngo amazi ntayo, ibisobanuro baduha [muri WASAC] bikaba ari ukuvuga ngo ni mu mpeshyi, amazi yarakamye, hariho imigezi yakamye, mwari muyobewe se ko impeshyi izaza? Ibisobanuro baduha byose ntibyumvikana.”