M Mutegarugori Member Joined Mar 18, 2026 Posts 61 Reaction score 0 Jul 29, 2026 #1 Muri audio iri hano ku mugereka, umukecuru aravuga ko nyuma yo kugitsindira, byarangiye banamufunze aho kumuha ikibanza. Umukecuru asaba ko yakwandikwaho ikibanza cye kuko ari irage yahawe kandi akaryemererwa n'urukiko. Attachments Akarengane k'umuturage i Rubavu.mp4 23.7 MB
Muri audio iri hano ku mugereka, umukecuru aravuga ko nyuma yo kugitsindira, byarangiye banamufunze aho kumuha ikibanza. Umukecuru asaba ko yakwandikwaho ikibanza cye kuko ari irage yahawe kandi akaryemererwa n'urukiko.
M Marinne Member Joined Mar 18, 2026 Posts 36 Reaction score 0 Jul 29, 2026 #2 Uwavuga ay'inzuki ubundi ngo ntiyarya ubuki, kuko ibi biri hose, natwe uwaduha uwo tubwira
VERITE-NUE JF-Expert Member Joined Jan 28, 2019 Posts 1,487 Reaction score 1,465 Jul 29, 2026 #3 Marinne said: Uwavuga ay'inzuki ubundi ngo ntiyarya ubuki, kuko ibi biri hose, natwe uwaduha uwo tubwira Click to expand... Wakwandika ikibazo ufite hano, abo bireba bakabikurikirana. Cyangwa natwe unyuze mu gikari ukaduha amakuru ahagije, ariko y'ukuri, twagufasha kukubariza abo bireba
Marinne said: Uwavuga ay'inzuki ubundi ngo ntiyarya ubuki, kuko ibi biri hose, natwe uwaduha uwo tubwira Click to expand... Wakwandika ikibazo ufite hano, abo bireba bakabikurikirana. Cyangwa natwe unyuze mu gikari ukaduha amakuru ahagije, ariko y'ukuri, twagufasha kukubariza abo bireba