Abaturage b'i Seoul muri Koreya y’Epfo batangiye imyigaragambyo, aho abaturage bamaganye ko igihugu cyabo cyakwifatanya n’ibikorwa bya gisirikare biyobowe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu huhora wa Hormuz.
Abigaragambyaga banyuze imbere ya Ambasade ya Amerika, baririmba bati “Ntidushobora kohereza urubyiruko rwacu mu nyanja y’urupfu!”, banitwaje ibyapa birwanya ko Koreya y’Epfo yagira uruhare mu byo bise intambara y’ubushotoranyi.
Ibi bibaye mu gihe Amerika ikomeje gushyira igitutu kuri Seoul ngo igire uruhare muri ibyo bikorwa, Koreya y’Epfo yohereje itsinda rishinzwe gusuzuma no gukusanya amakuru muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) kugira ngo risuzume uko ibintu bimeze mu Muhora wa Hormuz.
Abigaragambyaga banyuze imbere ya Ambasade ya Amerika, baririmba bati “Ntidushobora kohereza urubyiruko rwacu mu nyanja y’urupfu!”, banitwaje ibyapa birwanya ko Koreya y’Epfo yagira uruhare mu byo bise intambara y’ubushotoranyi.
Ibi bibaye mu gihe Amerika ikomeje gushyira igitutu kuri Seoul ngo igire uruhare muri ibyo bikorwa, Koreya y’Epfo yohereje itsinda rishinzwe gusuzuma no gukusanya amakuru muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) kugira ngo risuzume uko ibintu bimeze mu Muhora wa Hormuz.