VERITE-NUE
JF-Expert Member
- Jan 28, 2019
- 1,486
- 1,451
Abaturage batora, bakwiye kumenya icyo uwo batoye yirukaniwe mu rwego rwo kwimakaza umuco wo kubazwa inshingano.
Kugera ubu,uretse amakuru atandukanye atangangwa mu buryo butandukanye, aho bivugwa ko yaje gufatwa agafungwa, ndetse nyuma akongera agafungurwa, abaturage barasaba kubwizwa ukuri icyo yazize. Kuko niba byitwa ko ari bo yakoreraga, bakeneye no kumenya icyamuvanye ku buyobozi igihe cye kitarangiye.
Kugera ubu,uretse amakuru atandukanye atangangwa mu buryo butandukanye, aho bivugwa ko yaje gufatwa agafungwa, ndetse nyuma akongera agafungurwa, abaturage barasaba kubwizwa ukuri icyo yazize. Kuko niba byitwa ko ari bo yakoreraga, bakeneye no kumenya icyamuvanye ku buyobozi igihe cye kitarangiye.