Abanyarwanda bihagije mu biribwa

Abanyarwanda bihagije mu biribwa

Twin_Kids

JF-Expert Member
Joined
Feb 25, 2016
Posts
4,231
Reaction score
5,975
“Ibipimo dufite byo mu myaka ibiri ishize biratugaragariza ko nibura ingo 83% zihagije mu biribwa ariko bitavuze ko urugendo rutakiri rurerure.”

Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Ndabamenye Telesphore agaruka ku ngamba zigomba gufatwa mu rwego rwo kuzamura umusaruro ukomoka ku buhinzi
 
Ikibazo cy'ubuhinzi ifumbire itumizwa mu mpapuro,imbuto mu mpapuro ,umusaruro muri mudasobwa byose bikaba bimeze neza.Ariko ku butaka ho nta kintu kirimo.Umusaruro nyakubahwa ari kuvuga uri mu mpapuro gusa.
 
Nkeka izongo yavuze atarizo mu Rwanda kuko mu Rwanda inzara iranuma. Leta nigire icyo ikora abaturage barakennye pe hakenewe ingamba zihamye hakaboneka ibiryo ibihari birahenze kubi.
 
Back
Top Bottom