Abagore bashaka ubutabera basabiwe gutegwa amatwi byihariye

Abagore bashaka ubutabera basabiwe gutegwa amatwi byihariye

Marigarita

Member
Joined
Mar 18, 2026
Posts
60
Reaction score
0
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umuryango Haguruka uharanira uburenganzira bw’umwana n’umugore, Ninette Umurerwa, yavuze ko mu murimo bakora wo gukemura ibibazo hatisunzwe inkiko, hari inzitizi zishingiye ku muco, zituma abagore batavuga bisanzuye mu gihe cy’ubwunzi.
 
Akabazo k'amatsiko:
Ko ari bo bayoboye urutonde rw'abahoza ku nkeke abo bashakanye, udufuni n'imihini tukaba tubahora mu kiganza,
ubwo butabera bwihariye basabirwa no gutegwa amatwi byihariye birava he?
 
Buriya urebye neza uwo muntu ubivuga, hari ibintu 2 wabona:
-Aragira ngo agaragaze ko akora umugati we udahungabana, ntayobewe ukuri
-Na we ni umwe muri ba bandi bazi ko ntacyo umugabo ashoboye batashobora. Kuko uburinganire avuga butandukanye n'ubukwiye kumvwa.
 
Back
Top Bottom