https://x.com/TheFactTV_/status/1888111031001526651
Abaturage bo mu mujyi wa Goma barifuza ko ubuyobozi bushya bwabafasha gukora umukwabo wo gushaka imbunda zose ziri mu mujyi wa Goma. Ni imbunda...
Kuri uyu wa gatanu, imirambo y'abasirikare ba Afrika y'epfo baguye muri Congo, nibwo yanyujijwe mu Rwanda kugira ngo icyurwe iwabo. Ni nyuma y'igihe hashakishwa uburyo bwo kubahavana ariko...
Abacancuro mo mu gihugu cya Romania bafashaga FARDC urugamba rwo kurwanya M23, nyuma yo gutsindwa no guhungira mu kigo cy’ingabo za MONUSCO, basabye u Rwanda inzira ibageza i Kanombe ku buryo...
Perezida Kagame Paul, Felix A. C. Tshisekedi na Cyril Ramaphosa bagiye guhurira mu nama i Dar Es Salaam kuwa gatandatu w'iki cyumweru (tariki 8 n'9 z'ukwa 2, 2025).
Ni byatangajwe na William Ruto...
Mu karere ka Rubavu gahana imbibi na DRC, byamaze kwemezwa ko abaturage 5 bishwe n’ibisasu byarashwe mu Rwanda biturutse muri Congo. Hari kandi abandi 35 byakomerekeje, bakaba bari kuvurirwa mu...
Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangiye kugabanya umubare w’abakozi b’Abanyamerika bayikoreraga, inasaba abaturage bafite ubwenegihugu bwa...
Ubuyobozi bw’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangaje ko Colonel Alexis Rugabisha wari umuyobozi wa brigade ya 12 muri FARDC, yaguye mu mirwano na M23 muri Kivu y’Amajyepfo...
Igisirikare cya Tanzania cyatangaje ko giheruka gupfusha abasirikare babiri abandi bane bagakomereka, mu ntambara iheruka guhuza Umutwe wa M23 n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...
Gen Maj Évariste Kakule Somo wagizwe Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma ya Gen Maj Peter Cirimwami wishwe na M23, yatangiye kuyoborera iyi ntara...
Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda, Maj Gen Felix Kulayigye, yatangaje ko igisirikare cya Uganda cyashyizeho ingamba z’ubwirinzi ku mupaka ugihuza na Congo nyuma yaho mu Burasirazuba bwa Congo, mu...
Umugabo witwa Karekezi Olivier mu Karere ka Nyanza yatawe muri yombi akekwaho gusambanya Nyirabukwe.
Kuri uyu wa 01 Gashyantare 2025 uyu mugabo uri mu kigero cy’imyaka 30 wo mu mudugudu wa...
Perezida wa M23 Bertrand Bisiimwa yahamagariye abantu bose bayirwanyaga kimwe n’ abanyamakuru bayivuga nabi kugaruka mu kazi.
Ahereye ku banyamakuru bari basanzwe basebya umutwe wa M23, yabasabye...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.