RAMA mu mavuriro y'ibanze

Twin_Kids

JF-Expert Member
Joined
Feb 25, 2016
Posts
4,303
Reaction score
5,975
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abivuriza ku bwishingizi bwa RAMA, bagiye kujya bemererwa kwivuriza mu mavuriro y’ibanze ‘postes de santé’ aho ku ikubitiro hazaherwa ku mavuriro 15 nk'uburyo bw'igerageza.Kugeza ubu u Rwanda rufite amavuriro y’ibanze 1294 mu gihugu aho abayasabamo serivisi bageze kuri miliyoni enye.
 

Similar Discussions

Cookies are required to use this site. You must accept them to continue using the site. Learn more…