Perezida wa Amerika, Donald Trump, yongeye gutangaza ko ashobora kugaba ibitero kuri Oman mu gihe yaba “ibangamiye” gahunda ze zo guhagarika intambara Amerika na Israel barwana na Iran.
Trump yabitangaje ku wa 17 Kanama, mu gihe akomeje kugerageza gushaka uko iyo ntambara imaze hafi amezi...
Ni imvugo ya Martin Fayulu, umaze igihe muri politiki ya Congo, ubwo yavugaga ku biganiro bigomba guhuriza hamwe abanyepolitiki bose mu gushakira Congo amahoro, aho avuga ko na Kabila, nk'uwayoboye igihugu, ari umwe mu bagomba kuba bari muri ibyo biganiro.
Perezida wa Gasogi United, Kakoza Nkuriza Charles [KNC], yasubije umuvugizi w’abafana ba Rayon Sports, Uwizeyimana Sylvestre ‘Wasiri’, wamushyize mu mwanya w’uwavugira abafana ba Gikundiro mu Rwanda gusa, KNC na we amusubiza ko “Kwambara ipantaro ya so, ntibikugira umugabo wa nyoko”.
Ku...
Ntabwo byari bikwiye, kuko uko nugutesha agaciro umuntu muri rubanda! Ubu kdi iyo baza kuba ari abantu bakomeye biba byarakurikiranywe hanyuma abashutse abo bana kuvuga kuriya bagakurikiranwa. Reka twizere ko uyu mugabo numwana we bazahabwa ubutabera burenze kugirwa abere.
Umusaza n'umuhungu we barezwe gusambanya abana, bari munsi y'imyaka 18.
Byumvikane ko iyo icyaha kibahama, bagombaga gukatirwa burundu.
Mu itangwa ry'ikirego, niho hazira iperereza rigendana no gukusanya ibimenyetso. Aha ni ho no gupimwa gukorerwa. Byumvikane ko niba abana barasanzwe ari...
Amakuru mashya akomeje kugaragaza ko Erik Prince washinze sosiyete y’abacanshuro ya Vectus Global ndetse akanaba uwashinze Blackwater, ari mu bahawe inshingano zo gutegura ibikorwa bishya bya gisirikare mu burasirazuba bwa Congo Kinshasa, mu rwego rwo gufasha iki gihugu kwisubiza ibice cyambuwe...
Abaturage bo mu murenge wa Mutete mu karere ka Gicumbi baranenga umugore wasize abana batanu yabyaye akajya gushakana n’undi mugabo, bigatuma umukuru muri abo bana afata inshingano zo kuba umubyeyi imburagihe, akirengagiza ubuzima bwe kugira ngo yite ku bavandimwe be ...
Ihuriro AFC/M23 ryashinje ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abo zifatanya na bo barimo FDLR, Wazalendo, abacanshuro ndetse n’ingabo z’u Burundi kugaba ibitero bikomeye mu bice bituwe cyane mu burasirazuba bw’igihugu.
Mu butumwa AFC/M23 yashyize ahagaragara ku wa 14 Kanama...
Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwagize umusaza w’imyaka 66 witwa Nyakagabo Claver n’umuhungu we w’imyaka 25 witwa Tuyishime Emmanuel baregwaga gusambanya abangavu barimo uw’imyaka 17 n’undi w’imyaka 16, abere. Ni nyuma yo gusanga aba bana ari amasugi.
Ni ibyaha byakekwaga ko byabereye mu Mudugudu...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), cyatangaje ko ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byinjirije u Rwanda arenga miliyari 1,1$ mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2025/2026, bingana n’izamuka rya 24,3% ugereranyije n’umwaka wari...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.