Twizere ko mu minsi iri imbere inzego z'umutekano zizatwereka abari barazihaye ibirango by'ubuziranenge zidafite rero.
Ubundi iki ni cyo kibazo abirabura dufite. Umuntu agashakira amafaranga mu kwica bagenzi be.
"Abanyarwandakazi ni bamwe mu bagore beza nabonye muri Afurika no ku Isi yose. Hari umwe nakunze mu byumweru bibiri namaze mu Rwanda, kandi ni bimwe mu bihe byiza nagize mu buzima bwanjye. Icyakora ntibyagenze neza kuko nagombaga gusubira muri Nigeria, mu gihe we atashakaga ko nsubirayo."...
Urwego rw’Ubugenzacyaha rukorera mu Karere ka Rwamagana rwataye muri yombi umugabo wo mu Murenge wa Musha, akekwaho kwica umugore we akamuzingazingira mu mufuka akamujugunya mu kiyaga cya Muhazi.
Ibi byamenyekanye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 5 Kanama 2026. Byabereye mu Mudugudu wa Bwiza mu...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.