Rwanda Forum

Murakaza neza ku rubuga rwa JamiiForums. Nezerwa n'amakuru n'ibiganiro bitandukanye mu rurimi rw'ikinyarwanda
Ingo nyinshi zo muri iyi minsi zisigaye zihama ari hamana ku buryo hari n’abasezerana kubana bagatandukana batarabyarana umwana n’imwe. Akenshi ibi biterwa no kudahuza kwa hato na hato...
0 Reactions
0 Replies
452 Views
Ikiganiro ca Perezida Kagame n’abanyamakuru kibaye gikurikira umunsi watangirijweho icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni ikiganiro cyitabiriwe n’abanyamakuru...
2 Reactions
1 Replies
509 Views
Imyaka 30 turiho Imyaka 30 tuticwa Imyaka 30 tudahigwa Imyaka 30 tutanyagwa Imyaka 30 tubone ubuzima Imyaka 30 tubonye umucyo Imyaka 30 tubonye u Rwanda Imyaka 30 mu Rwanda rw’ineza Imyaka 30 mu...
1 Reactions
0 Replies
252 Views
U Rwanda rugiye kuzana abaganga bo muri Cuba, bazajya bavura bakanigisha abakora mu buvuzi mu kurushaho kuzamura umubare w’abakora muri urwo rwego. Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu mezi atatu...
0 Reactions
0 Replies
210 Views
Mu kwezi kwa kane umugabo duturanye bamutemeye inka yahawe na FARG , binkora k'umutima mpiga umuhigo wo kuzamufasha kubona indi , inshuti ziranshyigikira none k'umugoroba nyuma ya Bigogwe...
0 Reactions
0 Replies
225 Views
Nubwo umugabo afite uburenganzira bwo guhabwa ibimunezeza mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, ntibikwiye ko ategeka umugore uburyo bwo kwitwara. Kenshi hari abagore bakora amakosa yo kureka...
0 Reactions
0 Replies
450 Views
Jean de Dieu Tuyizere Perezida Paul Kagame kuri uyu wa 8 Mata 2024 yakiriye Bill Clinton wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, baganira ku ngingo zirimo intambara ibera mu burasirazuba...
1 Reactions
0 Replies
320 Views
Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda ku Isi yose, bifatanyije n’u Rwanda mu muhango udasanzwe wo gutangira icyumweru cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni umuhango witabiriwe...
6 Reactions
35 Replies
2K Views
Reba amafoto y’abakobwa
0 Reactions
1 Replies
243 Views
Imibare y’abantu bigeze gushaka byagaragaye ko ari 6,5%, barimo 4,6% bapfakaye, 1,7% batakibana ku mpamvu zinyuranye, naho 0,2% bahawe gatanya. Icyo cyiciro cyiganjemo abagore (10,7%) kurusha...
0 Reactions
1 Replies
325 Views
Eric Nkuba Shebandu w’imyaka 52 y’amavuko ku wa Gatatu taliki 05, Mata, 2024 yeretswe itangazamakuru rikorera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo nyuma y’ifatwa rye ryabaye muri Mutarama, uyu...
1 Reactions
2 Replies
817 Views
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 06, Mata, 2024 umugaba mukuru w’ingabo za Repubulika ya Tchèque witwa Lieutenant General Karel Řehka n’abagize itsinda rye bahuye na muganzi we uyobora iz’u Rwanda...
0 Reactions
1 Replies
381 Views
Mu mukino wa shampiyona y’icyiciro cya kabiri mu mupira w’amaguru mu bagabo,Miroplast yakinaga na Impeesa kuri uyu wa Gatandatu, inka nazo ziri kurisha mu kibuga. Abashumba bari bashoyeinka...
0 Reactions
0 Replies
233 Views
Kuri iki Cyumweru abantu barohamye mu bwato bwaganaga ku kirwa cya Nampula muri Mozambique, abagera kuri 90 bahasiga ubuzima. Amakuru avuga ko intandaro y’iyi mpanuka ari uburemere bukabije...
2 Reactions
0 Replies
311 Views
Perezida Kagame yatangaje ko nyuma ya Jenoside u Rwanda rwize amasomo atatu akomeye arimo ko nta muntu waha agaciro nyakuri ubuzima bwawe uretse wowe ubwawe. Ati “Nta muntu wasaba guha agaciro...
1 Reactions
0 Replies
307 Views
Nshimiyimana Jean Baptiste Perezida Paul Kagame yatangaje ko mu minsi yegereza iya nyuma mu rugamba rwo guhagarika Jenosidete yakorewe Abatutsu mu 1994, Ingabo z’Abafaransa zamutumyeho Gen Romeo...
0 Reactions
0 Replies
314 Views
Perezida Kagame ati “Uyu munsi Abanyarwanda bose batsinze ubwoba. Nta cyaba kibi cyaruta ibyo twanyuzemo. Iki ni Igihugu cy’abantu miliyoni 14, biteguye guhangana n’icyo ari cyo cyose cyashaka...
0 Reactions
0 Replies
363 Views
https://www.nytimes.com/2023/04/11/opinion/paul-kagame-rwanda-britain.html Kuba afite imbaraga ku butegetsi ntibishoboka. Kuva abaye perezida mu myaka 20 ishize, yongereye igihe ntarengwa...
0 Reactions
1 Replies
650 Views
Mu minsi ishize, humvikanye inkuru y'urubyiruko rwinshi rurimo n'abarangije kaminuza, yavugaga uko rumwe mu rubyiruko rwo muri Kayonza na Rwamagana rwatekewe umutwe rukibwa amafaranga. Byasaga...
0 Reactions
0 Replies
276 Views
Buri tariki ya 7 Mata, guhera mu mwaka w'1995, ni umunsi ngaruka mwaka wahariwe kwibuka inzirakarengane z'abanyarwanda,bishwe urw'agashinyaguro bazira uko bavutse. Uyu munsi, ni ku nshuro ya 30...
0 Reactions
1 Replies
418 Views
Cookies are required to use this site. You must accept them to continue using the site. Learn more…